rw-x-kinyabwisha_mat_text_reg/24/19.txt

1 line
361 B
Plaintext

Ariko bizaba ingorane kubafite inda n'abari konsa muri ico gihe. Musenge kugira ngo guhunga kwanyu bitazaba igihe c'imbeho cangwa igihe c'isabato. Kubera hazabaho amateso menci gatari gabaho kuva isi yaremwa kugeza buno, ntanubwo gazabaho narimwe. Iyi minsi y'amateso itagabanyijwe, ntanumwe warokoka, ariko ago mateso gazagabanywa kubera abarondowe n'Imana.