Yesu abyumvishije arabasubiza: umuntu utarwaye ntaho yokenera umuganga ariko umurwayi yifizaga umuganga. Ariko mugende mwige kuriri jambo: njewe nshaka imbabazi ntabwo ari amaturo. Ntaho naje gushaka ababoneye ahubwo abanyabyaha kugira ngo bihane.