Mukwezi kwa gatandatu , Malayika Gabiriyeli atumwa n'Imana mumuji gwi Galiyaya , aho bitaga Nazareti . Ku Muhara warambagizwaga n'umusore wo munzu ya Dawidi , witwaga Yosefu . Izina ry'uwo muhara yitwaga Mariya . MArayika yinjira muwe , aragamba ngo : Ndakuramukije, woho wagiriwe ubuntu ,Umwami Imana irihamwe nawe . iyo ndamutso imuhagarika umutima , Mariya atangira kwibaza ico iyondamutso isobanuye .