Barangije kumureba ,bagamba ibyo babwiwe kubyerekeye urwo ruhinja . Ababyumvise bose batangazwa n'ibyo abo bashumba barikugamba . Mariya abika ibyo byose mumutima gwe akaja arabyibuka . Nuko abashumba bisubirirayo , bari gushima Imana nokuyihimbaza kubyo bumvise nibyo babonye , kandi bihwanye nibyo babwiwe .