\v 12 Nuko umunsi gutangiye kwira, abo cumi nababiri baramwegera baramubyira ngo: sezerere abantu, kugira ngo baji munsisiro no mu byaro birihafi, bacumbike nokubona ho ibiryo, kuko hano turi mukidaturwa. \v 13 Yesu arababwira ngo: mwewe mbahe ibyo kurya. Ariko baramusubiza ngo: dufite imikati itano n'amahere abiri gusa, keretse nituja ubwacu kugira ababantu bose ibiryo.\v 14 Kandi rero, hari hariyo abantu bagera ku bihumbi bitanu. Yesu abwira abigiswa be ngo: mubicaze kumirongo y'abantu mirongo itanu.