auto save

This commit is contained in:
KINYABWISHA 2016-09-11 00:14:10 +08:00 committed by root
parent e79de78ba4
commit a06b362789
23 changed files with 24 additions and 0 deletions

1
06/01.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Kumunsi w'isabato gwa kabri g'ukwezi kwa mbere , Yesu anyura mu mirima y'amasaka .Abigishwa be baca amahundo ,bagavugira mu ntoke zabo , baragahekenya . Abafarisayo bamwe barababaza ngo : kubera iki muri gukora ibitemewe gukora kw'Isabato ?

1
06/03.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arabasubiza ngo : mbese ntaho mwasomye ico David yakoze, ubwo yariafite inzira ,we hamwe n'abari hamwe nawe : Uho yayinjiye munzu y'Imana akafata imikati yo kumerekwa ,akayirya akanayiba n'aabo bari bari hamwe ,kandi yemerewe kuribwa n'abakori b'Imana gusa ? Kandi arababwira ngo : Umwana w'Imana n'umutware w'isabato .

1
06/06.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Kugundi munsi gw'isabato ,Yesu yinjira mu sinagogi,aragisha .hari harimo umuntu wumye ukuboko kw'iburyo . Abanditsi n'abafarisayo bitegereza Yesu , kureba niba arakiza umuntu ku sabato kugira ngo babone impanvu yo kumurega . Yari ari ibitekerezo byobo , nuko abwira uwo muntu w'ukuboko kwumye ngo : Hagaruka ,uhagarare hagati. Arahaguruka arahagarara.

1
06/09.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yesu arababwirango : Ndikubabaza nimba kusabato byemewe neza cangwa kugira nabi,gukiza umuntu cangwa kumwica . Nuko araraganya amasoge kuri bose,abwira uwo muntu ngo :Rambura ukuboko kwawe .Akora guco,n'ukuboko kurakira. Bagira uburakari bwinci ,baje inama y'ico amara ijoro ryose ari gusenga Imana.

1
06/12.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Muri icogihr , Yesu aja kumusozi gusenga , amara ijoro ryose arigusenga Imana . Bumaze guca,ahamagara abagishwa be , atoranyamo cumi na babiri , abita izina ry'intumwa .

1
06/14.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Simoni amwita Petero ,Andreya mwene nyina,Yakobo, Yohana, Filipo,Baritoramayo. Matayo , Tomasi , Yakobo mwene Alufayo , Simoni witwa Zelate .Yuda mwene Yakobo na Yuda Isakirioti wabaye umugambonyi .

1
06/17.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ataremukana nabo ,ahagarara ku karambo , ahari abigishwa n'abantu kangari b'i Yudeya yose ,N'i Yerusalemu , ni'igihugu c'Itiro n'Isidoni gihereranye n'ingezi nini.Bari baje kumwunva no gukuzwa indwara zaho . Abari bari kubabazwa n'inmyuka mibi barakizwa . Kandi abantu bose bashakaga kumukoraho ,kuko imbaraga zamuvagamo zikabakiza bose .

1
06/20.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Maze Yesu yitegereza abigishwa be arababwira ngo : Murahiriwe mwewe abakene ,kuko ubwami bw'imana ari ubwanyu . Murahirwa ,ubwo abantu abarakurira buno ,ubwo bazabirukaho, ubwo bazabatuka ,no gusebya izina ryanyu nkaho muri babi , barikubaryoza umwana w'umuntu .

1
06/22.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Murahirwa ,ubwo abantu bazabanga , ubwo bazabirukaho ,ubwo bazabatuka,no gusebya izina ryanyu nkaho muri babi, barikubaryoza umwana w'umuntu ! Ugo munsi ,muzishimwe,munezerwe kuberako muzagororerwa byinci mw'ijuru: Kuko ariko basekuruza babo bagenjeje abagambishwaga n'Imana.

2
06/24.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1,2 @@
Ariko ,mugishije ishano mwewe abakire , kuko mufite ibyo kubanezeza.
Mugushije ishano mwewe abahaze, kuko muzagira inzara! mugushije ishano mwewe abariguseka buno ,kuko muzaba mugisibo no mumarira.

1
06/26.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Muzabona ishano ,ubyo abantu bose bazagamba neza,kuko ariko basekuruza bagenjeje abagambishwaga b'ibinyoma .

1
06/27.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ariko ndababurye mwewe abarikunyunva : Mukunde abanzi banyu ,mugirire neza ababamgaga. Abarikubavuma mubahe imigisha ,musengere abarikubagirira nabi .

1
06/29.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Niba umuntu agukubise kumusaya ,umuhindurire n'ugundi musaya , Niba umuntu akwatse umwenda gwawe ,utamubuza kujana n'ugundi mwenda gwawe. ugusabye wese umuhe ,n'ukwambuye ibyawe, utamuburanya.

1
06/31.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ibyomushaka ko abantu babagirirea namwe abe aribyo mubagirira. Niba murikugira neza ababagiriraga neza ,n'iki co muzashimirwa? Abanyabyaha nabo bagiraga guco . Kandi niba murikuguza abo mutegerejeho kwishurusa ,n'iki co murashimirwa? Abapagani nabo baguraga abandi abapagani kugira ngo bishurane guco .

1
06/35.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ariko mukunde abanzi banyu ,mugire neza ,muguze abandi mutategereza kwishurwa .Kandi muzagosororerwa byinci, kandi muzabe abana b'isumba byose,kuko agarira neza ababi n'indashima. Nuko rero mube abanyambabazi kuko So ari umunyambabazi .

1
06/37.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Mutaca imanza , namwe mutaza cirirwa imanza, mutashinja abandi ,namwe ntawe uzabashinja, mubabarire abandi ,namwe muzababarirwa .

1
06/38.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Mutange namwe muzahabwa ,kuko urugero rwo mugereramo abandi ariwo muzagererwamo ,bazasuka mukebo kawe ,katsindagiwe(kacuguswe) ,kasesekane .

1
06/39.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Yongera kubacira ugu mugani ngo : Impumyi yayobora iyindi mpumyi ? Mbese uko aribabiri ntago bagwa mucobo ? Umwigishwa ntaho yoruta umwigisha ,ariko umwigishwa urangije kwiga yomera nk'umwigishwa we .

1
06/41.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
kubera iki woreba agatokorwa kari mu jisho rya mwene so , utareb n'umugongo guri mu jisho ryawe ? Cangwa nigute wobwira mwene so , ngo reka mvane agatsatsi kari mujisho ryawe,wowe utabona umugogo guri muryawe ? We ndyarya we ,ubanze uvane umugogo mujisho ryawe ,ubone uko uravana agatsatsi kari mujisho rya mwene so .

1
06/43.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ntaho igiti ciza coyera amatunda mabi ,cangwa igiti kibi coyera amatuna meza . Kuko igiti cose kimenyekana ku matunda gaco . Ntawosoroma amatunda mu mishito, cangwe uruseri rw'imihisha ntaworumanyurwa mumifatagwe .

1
06/45.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Umuntu mwiza akuraga ibintu byiza mubutunzi bwa mu mutima gwe . N'umuntu mubi akuraga ibintu bibi mu butunzi bw'ibubu , kuko ibyuzuye umutima nibyo akanwa kagamba .

1
06/46.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Kubera munya kuraga ngo : mwami ,kandi mutakoraga ibyo ngambye ? umuntu we uzaga ahondi ,akumva amagambo ganje ,kandi akagakurikiza ndabereka uko asana . Asana n'umuntu wubakaga inzu ,akacukura kugeza hasi cane ,akubaka umusingi kurutare , umwuzure guraza gwisuka kuri iyonzu , ariko ntago shoboye kuyinyeganyeza , kubera yari yubatse neza .

1
06/49.txt Normal file
View File

@ -0,0 +1 @@
Ariko uwunvaga , atashiraga mu bikorwa asana n'umuntu wubatse inzu kubutaka ,nta musingi . Umwuzure gwisuka kuriyo : akokanya iragwa kandi gusenyuka kwayo kwabaye kunini .