auto save

This commit is contained in:
KINYABWISHA 2016-09-11 00:14:10 +08:00 committed by root
parent aa9e4ae1df
commit 84bd225487
19 changed files with 0 additions and 21 deletions

View File

@ -1 +0,0 @@
Yesu arangije kubwira abantu agomagambo gose ,aja Ikapernaumu .

View File

@ -1 +0,0 @@
Mumukuru w'abasoda yagiraga umukozi we woyakundaga cane , yari urwaye ,arihafi yo gupfa . Amaze kumwa uko barikugamba Yesu , amutumira abakuru baba Yda ngo bamusange aze gukiza uwo mukozi we . Abo bageze aho yesu ari baramwinginga ngo : Arakwiriye ko wamugirira guco . Kuko akundaga ubwoko bwacu ,kandi niwe wayubatse i Sinagogi yacu .

View File

@ -1 +0,0 @@
Yesu amaze kujana nabo , amaze kugera hafi y'inzu , uwo mukueu w'abasoda amutumira incutize ngo zimubwire ngo : Mwami utekwirusha , kuko bitankwiuriye ko winjira munzu yanje . Nicocatumye ntibona konkwiriye ndetse no kuba aho uri ubwanje . Ariko ugambe ijambo rimwe , umukozi wanje arakira . Kuko nanje numuriga abakuru , mfite abasoda bo ntegeka , kandi mbwiraga umwe bo genda akagenda , n'undi ngamubwira ngo : Nawino akaza , ngabwira n'umukozi wanje ngo : Kor a kiriya akagikora .

View File

@ -1 +0,0 @@
Yesu yumvise ago magambo , aramutangarira, ahindukirira abantu bamukurikiye , agamba ngo : Mbabwiyeko ntaho ndakabona kwizera kungana guco haba no mw'Isiraeli . Basubiye munzu ,abtumwe n'uwomukura w'abasoda basanga uwo mukozi wari warwaye yakiza.

View File

@ -1 +0,0 @@
Umunsi ukurikiyeho , Yesu aja muji gwitwa Nayiba , Intumwa ze hamwe nabantu benci bagenda hamwe .Ageze hafi y'kirembo ry'umuji , ahura n'abagiye guhamba , uwari wapfuye yari umwana w'ikinege , kandi nyina yari umupfakazi , abantu benci bo muri ugo muji bari bamuherekeje . Umwami Yese amubonye amugirira imbabazi , aramubwira ngo : Utarira . Yegera iyo sanduku , ayikoraho , abari bayikoreye barabagara . Aragamba ngo : Musore we ndakubwiye haguruka ! Uwari wapfuye aricara , atangira kugamba . Yesu amugarurira nyina .

View File

@ -1 +0,0 @@
Abantu bose bagira ubwoba , bahimbaza Imana ngo : ugambishwaga n'Imana akomeye yageze muritwe , kandi Imana yagendereye ubwoko bwayo . Ugo mwaze go kuri Yesu gukwirakwira i Yudea yose no mubice byose by'igihugo bihakikije .

View File

@ -1 +0,0 @@
Abogishwa ba yohana bamumenyesha ibyo bintu byose . Ahamagara ababiri abatuma kuri Yesu kumubaza ngo : Mbesi ni weho ugomba kuza , cangwa dutegereje uwundi ? bageze aho Yesu ari ,baramubwira ngo : Yohana umubatiza yakudutimyeho ngo : Mbesi ni wowe ugomba kuza ,cangwa tugomba gutegereza undi ?

View File

@ -1,2 +0,0 @@
Akokanya , Yesu akiza abantu benci bagwaye , b'ibirema , n'abimyuka mibi , kandi ahumura nimpumwi kangari . Arabasubiza ngo : Muje kubwira Yohana ibyo mwabonye n'ibyo mwumvise: mpumyi rirahumuka, ibirema birikugenda, ababembe barigukira, abapfuye amatwi barikumva, abapfuye barikuzuka,abakene barikucurirwa umwaze guboneye.
Hariwe uwo ntazabera uburyo bwo kugwa!

View File

@ -1,2 +0,0 @@
Abo Yohana yatumye bamaze kugenda, Yesu atangira kubyira abantu ibyerekeye Yohana: mwagiye kureba iki mukidaturwa? Urumori urikunyeganyezwa n'umuyaga?
Ariko, mwagiye kureba iki? Umuntu wambaye imyenda y'igiciro? Reba abambaye imyambaro myiza n'abariko mu byiza babaga mu mazu y'abami. None se mwagiye kureba iki? Ugambishwaga n'Imana? Yego, ndababyiye, kandi aruta ugambishwaga n'Imana.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 27 Niwe byanditswe kuriwe ngo: dore, nohereje intumwa yanje imbere yangu gutegura inzira imbere yawe. \v 28 Mbabyiyeko, mu babyawe n'abagore, ntawe uruta Yohana. Nyamara umutoya cane mu bwami bw;Imana aramusumba.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 29 Abantu bose bamumvise, ndetse n'abarishaga amakoro bemera ko Imana ikiranuka kuko babatijwe umubatizo gwa Yohana. \v 30 Ariko abafarisayo n'abishamategeko, ubwo batabatijwe nawe batakaji Imana z'Imana.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 31 Abantu b'ikikisekuruza ndabagereranya nande, kandi basana nande?\v 32 Basana n'abana bicaye ku karubanda, nuko bakatangira kubwirana bamwe kubandi, ngo: twabavugirije umwirange, mutabyira, twabariri mbiye indirimbo zamaganya nabwo mutarira.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 33 Kuko YOhana umubatiza yaje, ataryaga imikati, atanywaga n'inzoga muragambo ngo: arimo (Shetani) dayimoni. \v 34 Umwana w'umuntu we yaje, arikurya no kunywa, muragamba ngo n'uwokurya n'uwo kunywa n'umunywanyi w'abakoresha b'ikoro n'abandu babi. \v 35 Ariko ubwenge bwerejanwaga n'abana babwo bose.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 36 Umufarisayo atumira Yesu ngo aje kurya iwe. Yesu yinjira murugo rw'uwo mufarisayo, nuko aja kumeza. \v 37 Nuko, umugore w'umunyabyaha wabaga mumuji amenyeko Yesu ari kumeza munzu y'umufarisayo azana icupa ryuzuye amarashi. \v 38 Ahagarara kubirenge bya Yesu, arira; ubwo amarira gatosa ibirenge bya Yesu, nuko abihanaguza aimitsatsi ye, arabisomagura abisiga ago marashi.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 39 Uwo mufarisayo wari wamutumiye, abonye ibyo, aribyira muriwe ngo: iyo uyu muntu aba uganbiswaga n'Imana, abayamenye uyu mugore umukozeho uwariwe n'icoarico, yakumenya ko ari umuyabyaha. \v 40 Yesu afata ijambo aramubyira ngo: Simoni, mfite ico nakubwira, ara musubiza ngo; mwigisha, gamba.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 41 Umuntu uguzaga yari afite abanyu babiri boyagujije: Umwe yararimo ideni ry'i Denariyo magana tano, undi yararimo murongo itano. \v 42 Kubera ko baritafite ico kwishura, arababarira iryo deni. Ninde wamukunze cane? \v 43 Simoni asubiza ngo: ndqtekereza ngo ari uwoyababariye ideni ryinci Yesu aramubyira ngo: usubije neza.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 44 Nuko ahindukira wa mugore, abwira Simoni ngo: urikureba uyu mugore? Nayinji munzu yawe, ntaho wampaye amazi go koza ibirenge byanje, ariko uyu we, yabyogesheje amarira ge, kandi abiha naguza umutsatsi gwe.\v 45 Ntaho wa mpobeye, ariko we, guhera ubwo ninjiye, yakomeje guhobera ibirenge byanje.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 47 Ntaho wansutse amavuta mumutwe ariko we yasutse amarashi kubirenge byanje. \v 46 Niyo mpamvu, ngubwiye ko, ibyaha bye byinci byababariwe kuko yakunze cane. Naho ubabariwe bike akundaga bukeya.

View File

@ -1 +0,0 @@
\v 48 Abwira uwo mugore ngo: ibyaha byawe birababariwe. \v 49 Abaribari kumeza hamwe nawe batangira kwibaza muribo ngo: uyu ninde uri nokubabarira ibyaha? \v 50 Ariko Yesu abwira uwo mugore ngo: kwizera kwawe kuragukijije gonda amahoro.