rw-x-kinyabwisha_heb_text_reg/05/12.txt

1 line
397 B
Plaintext

Kuko mwewe mwari mugomba abalimu kuva hambere, muracakeneye kwigishwa amategeko gutangiza ibyo Imana yagambye, ahubwo mugeze aho mukeneyra amata nk'abana batoya aho gukura ngo murye ibiryo bikomeye. Ahubwo umuntu wese acari kunywa amata abaga akiri mutoya mu ijambo ry'ukuri kuko akiri uruhinja. Ariko ibiryo bikomeye bikwiriye abagabo bakuze, abakoreshaga ukuri, bari gutandukanya ikibi n'iciza.