Sat Jul 16 2016 08:11:43 GMT+0100 (W. Central Africa Standard Time)
This commit is contained in:
commit
368970ee91
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 1 Weho mwana wanje wikomeze mu ubuntu buri muri Yesu Kristo.\v 2 Nibyo wumvise kuva kuri njewe imbere y' abahamya benshi ubihereze abantu b' ukuri, babonereye nabo kubyigisha abandi.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 3 Ubabare hamwe nanje nk'umusoda mwiza wa Yesu Kristo. \v 4 Nta musoda ushobora kuja mu ibyo buzima busanzwe niba ashaka gushimisha uwamuhaye akazi. \v 5 Umukinnyi wirukakaga ntabyo ashobora gutsinda no guhabya umushahara atararwanye akurikije amategeko.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 6 Birakwiriye ko umuhinzi akora mbere yo gusarura amatunda.\v 7 Umenye ibyo ndikugamba kubera Umwami Azaguha ubwenge mu bintu byose.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 8 Wibuke Yesu Kristo, wo mu muryango gwa Daudi, wazutse mu bapfuye, ukurikije ubutumwa buboneye\v 9 bwo ndigutesekera kugeza aho ndi mu mugozi nkaho ndi umukozi w' ibibi, ariko Ijambo ry' Imana ntaho riboshwe\v 10 Ni co gituma nihanganiraga byose kubera abatoranyijwe kugira nabo babone agakazi kari muri yesu Kristo hamwe n' ubwiza budashira.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 11 Rino jambo niry' ukuri, niba twarapfuye nawe, natwe tuzabaho hamwe nawe\v 12 . Nitwihangana tuzategeka nawe. Nitumuhakana nawe azadukana. \v 13 Ni tuba tutari abizerwa, we azahora ari uwezerwa kuko adashobora kwihinduka.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 14 Wibutse aga magambo, ubihanangirize imbere y' Imana ko birinda amahane aturutse ku magambo go kuzambya ubuzima bwa ababyumva.\v 15 Wihanganire kugaragara imbere y' Imana nk' umuntu wemewe, umukozi utagira isoni, kandi urikwigisha Ijambo mu nzira iboneye.
|
|
@ -0,0 +1,2 @@
|
|||
\v 1 Umenye ibi, mu misi ya nyuma hazaba ibihe biruhije. \v 2 Kuko abantu bazaba abikunda, bakunda amakuta, barikwihara, bibona, batukanana, batumvira ababyeyi, indashima, batakunda idini, \v 3
|
||||
abatagira ikibakanga, abatizerwa, abareganyi, abatirinda, abanyarugomo, abanzi bi ibyiza.\v 4 abagambanyi, ibyigenge, abuze ubwirasi, bakunda ibineneza aho gukunda Imana.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 5 Bazishushanya n'abera ariko bahakana ingufu zo kwera, \v 6 ababemeze gutyo uzabatera umugongo. Bamwe muri bo ni abagabo bahunahunira mu mazu y'abagore badafite ubwenge, bishwe n' ibyaha bagengwa n' irari rikabije.\v 7 Bahora biga ariko ntabwo baramenya ukuri kw' Imana.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 8 Nkuko Yanesi na Yamburesi barwanyije Musa, niko abo bantu barwanya ukuri. Ni abantu bafite ubwenge bwazambye kandi ukwemera Kristo kwabo kurahinyutse.\v 9 Ariko rero ntaho bizabageza kubera ubupfapfa bwabo buzagaragarira bose nkuko byabereye abo bagabo bombi.
|
|
@ -0,0 +1,2 @@
|
|||
\v 10 Ariko wowe wakurikiriye hafi inyigisho zanje, imyifatire yanje, imipango, kwizera kwanje, kworoha, urukundo no kudacogora kwanje,\v 11 kubabazwa, amateso. Na amateso ki ntaboneye mu mugi wa Antiokia, Ikonio, na Listra? N'ukubabazwa kuhe ntihanganiye? Ariko Nyagasani yarabinkijije byose.
|
||||
\v 12 Ubundi abashaka kubaho babonereye Yesu Kristo bazababazwa. \v 13 Ariko abagome, n'abushakanyi bazarushaho kuba babi bayobye abandi nabo barayobejwe.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 15 Ariko wowe ugume mubyo wigishijwe ukabyemera ko aribyo ukuri, kandi ukaba uzi neza ababikwigishije.\v 14 Kuva mubutoya bwawe, wamenye ibyanditswe byera yatugeneye bishobora kuguha ubwenge bwo kukugeza ku gakiza ngo ubone kwizera Yesu Kristo.
|
|
@ -0,0 +1 @@
|
|||
\v 17 Ibyanditswe byose byahumetswe n' Imana kandi bifiteye abantu akamaro ko kwigisha, kwemeza, gukosora no kumuboneza m' ukuri \v 16 kugira ngo umuntu w' Imana abe yuzuye kandi ukwiriye gukora ibyiza.
|
|
@ -52,6 +52,18 @@
|
|||
"04-00",
|
||||
"04-03",
|
||||
"01-12",
|
||||
"00-title"
|
||||
"00-title",
|
||||
"03-01",
|
||||
"03-05",
|
||||
"03-08",
|
||||
"03-10",
|
||||
"03-14",
|
||||
"03-16",
|
||||
"02-01",
|
||||
"02-03",
|
||||
"02-06",
|
||||
"02-08",
|
||||
"02-11",
|
||||
"02-14"
|
||||
]
|
||||
}
|
Loading…
Reference in New Issue